• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Thursday, May 19, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Umupolisi yishwe arashwe anamburwa imbunda yari afite

Na Ally Jado
December 1, 2021
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Umutekano
14 1
0
Umupolisi yishwe arashwe anamburwa imbunda yari afite
11
Yasangijwe
212
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rw’umupolisi witwa Sgt. Emuria Gideon wishwe arashwe kuri uyu wa Kabiri, ndetse yamburwa imbunda n’abantu bataramenyekana.

Yarashwe ubwo yajyaga ku kazi ke ko kurinda urugo rw’umwe mu bacamanza b’Urukiko rukuru, ahagana saa moya z’ijoro mu Karere ka Soroti.

Polisi ya Uganda yatangaje ko ikomeje iperereza kuri ubwo bwicanyi, hanashakishwa ababigizemo uruhare bahise baburirwa irengero.

Mu itangazo yasohoye yagize iti “Uburinzi ni umwe mu mirimo y’ingenzi ya polisi, ndetse nta mpamvu n’imwe ubugizi bwa nabi nk’ubu bukwiye kugirirwa abapolisi. Nubwo impamvu z’abagabye icyo gitero zitaramenyekana, turahamya ko ari ubwicanyi bwari bwagambiriwe.”

Yavuze ko ababigizemo uruhare bose bazafatwa bakabiryozwa.

Ubu bwicanyi bubaye nyuma y’igihe gito muri Uganda hagabwe ibitero by’iterabwoba byagabwe mu murwa mukuru Kampala, bishinjwa umutwe w’iterabwoba wa ADF.

Ibyo bitero byishe abantu bane barimo umupolisi, bikomeretsa abantu 37 barimo abapolisi 27.

Polisi imaze guta muri yombi abantu barenga 100 bakekwaho uruhare muri ibyo bikorwa by’iterabwoba.

Inkuru Iheruka

Uganda yafashije uwahoze ari umukozi w’Urwego rw’Ubutasi mu Rwanda kwinjira muri RNC

Inkuru Ikurikira

DRC: Umwanzuro wiswe Etat de siège wabyaye ubufatanye bwa FARDC na UPDF

Inkuru Ikurikira
DRC: Umwanzuro wiswe  Etat de siège  wabyaye  ubufatanye  bwa FARDC na UPDF

DRC: Umwanzuro wiswe Etat de siège wabyaye ubufatanye bwa FARDC na UPDF

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In