• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Imyidagaduro

Urubanza rwa Prince Kid rwahawe abashinjacyaha b’abagore

Na Ildephonse Dusabe
May 11, 2022
Muri Imyidagaduro, Nyamukuru, ubutabera, Uncategorized
8 0
0
Urubanza rwa Prince Kid rwahawe abashinjacyaha b’abagore
6
Yasangijwe
110
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi wa Rwanda Inspiratiom Back Up ryahoze  rishinzwe gutegura irushanwa rya Miss Rwanda, Ishimwe Dieudonné ’uzwi nka Prince Kid’ yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.

Nyuma yo gufatwa n’urwego rw’ubugenzacya RIB , akurikiranywe ho ibyaha birimo iby’ihohotera rishingiye ku gitsina bikekwa ko yakoreye bamwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda amaze igihe ategura.

Muri uru rubanza rwagaragayemo n’ umubyeyi wa Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa, na we ufunzwe muri iyi dosiye akekwaho kubangamira iperereza.  Harimo kandi Umucamanza umwe uburanisha uru rubanza, umwanditsi w’urukiko n’abashinjacyaha babiri, bose ni abagore.

Mu cyumba cy’iburanisha  umunyamategeko wa Prince kid Nyembo Emelyne , waje akerewe yabwiye urukiko ko itumanaho ritagenze neza ngo kuko yageze uyu munsi atazi isaha urubanza ruza kuberaho , ndetse na Prince kid ubwe avuga ko atarabona impapuro zirimo Dosiye ye ari nabyo bashingiraho basaba ko bahabwa umwanya kugira ngo bategure urubanza.

Yavuze ko mu myanzuro y’Ubushinjacyaha isaba ifungwa ry’agateganyo, basanze Ubushinjacyaha bugenda bushingira ku byavugiwe mu Bugenzacyaha mu gihe uruhande rw’uregwa rutarabasha kubibona .

Me Nyembo yakomeje avuga ko byageze ni mugoroba batarabona ibigize dosiye byose, kandi bakeneye kubimenya mbere y’uko Ubushinjacyaha bugaragaza ingingo zikomeye bushingiraho busaba ko Ishimwe yakurikiranwa afunzwe, ngo nabo baziregureho.

Nyuma yo kurebera hamwe  ibibazo byabayeho mu itumanaho bigatuma Prince Kid atabonera amadosiye ye  ku gihe, amaze kandi gusomerwa ibyaha aregwa , yamenyeshejwe ko ahawe umwanya wo kwitegura we n’umwunganizi we .

Uru rubanza rukazakomeza kuwa 13 Gicurasi 2022 saa Tatu.

Umuhoza Yves

Inkuru Iheruka

Agatsiko k’abatubuzi muri opozisiyo gatangiye kujya hanze…Padiri Nahimana ku isonga

Inkuru Ikurikira

Micomyiza uregwa Jenoside yitabye urukiko

Inkuru Ikurikira
Micomyiza uregwa Jenoside  yitabye urukiko

Micomyiza uregwa Jenoside yitabye urukiko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In