• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Nyamukuru

Uwahoze mu gisirikare cya Habyarimana wakoze Jenoside yafatiwe mu Buholandi

Na Martin
May 13, 2022
Muri Nyamukuru, Ubutabera
15 0
0
Uwahoze mu gisirikare cya Habyarimana wakoze Jenoside yafatiwe mu Buholandi
11
Yasangijwe
217
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Pierre Claver Karangwa wari ufite ipeti rya Majoro mu Gisirikare cya Habyarimana Juvenal, wari umaze igihe yihishahisha mu Buholandi, akaba akurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside, yafashwe n’Ubutabera bw’u Buholandi.

Uyu mugabo wahungiye mu Buholandi mu 1998, yafashwe na Polisi y’u Buholandi muri iki cyumweru tariki 11 Gicurasi 2022.

Polisi yo muri iki Gihugu yashakishaga uyu Munyarwanda washyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi, yamufatiye mu gace ka Ermelo.

Uyu musirikare wari umwe mu bofisiye muri Gendarmerie, akurikiranyweho kugira uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Komini Mugina ubu ni mu Murenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi.

Avugwaho kugira uruhare mu kuyobora ibitero bikomeye byagiye kwica Abatutsi bari bahungiye kuri paruwasi ya Mugina, ahaguye ababarirwa mu Bihumbi 25.

Pierre Claver Karangwa kandi uzwiho kuba yaranagize uruhare muri Jenoside mu Mujyi wa Kigali i Nyamirambo, yari amaze imyaka irenga 20 aba mu Buholandi.

Azwiho kandi kuba umwe mu bagiraga uruhare mu bikorwa bihungabanya umutekano w’u Rwanda dore ko yakoranaga n’umutwe wa P5 ndetse kaba yarabaye Komiseri muri FDU-Inkingi.

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yitabye Imana

Inkuru Ikurikira

Mu Rwanda kwambara Agapfukamunwa byakuweho

Inkuru Ikurikira
Mu Rwanda kwambara Agapfukamunwa byakuweho

Mu Rwanda kwambara Agapfukamunwa byakuweho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In