Mu gihe habura amasaha macye ngo umuhango wo kwita izina abana b’ingangi ube ku nshuro ya 15, imyiteguro irarimbanyije hirya no hino mu mujyi wa Musanze no mu nkengero zawo.
Uyu muhango uzaba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Nzeli, mu Kinigi ho mu Karere ka Musanze. Abana b’ingagi 25 ni bo bazitwa amazina.
Ni umuhango biteganyijwe ko uzitabirwa n’abanyacyubahiro batundukanye bo mu Rwanda no hanze yarwo.
Ku marembo y’aho umuhango wo kwita izina abana b’ingangi uzabera
Umujyi wa Musanze warimbishijwe bijyanye n’umuhango wo kwita izina
Rwagati mu mujyi wa Musanze hashyizwe ikibumbano cy’ingagi
Mu mihanda ni uku byifashe
Mu kinigi ku kibuga cy’ahazabera umuhango wo kwita abana b’ingagi amazinauko umugi wa Musanze ugaragara nijoroIkibumbano cy’ingagi cyigaragara ku kibuga cyo mu Kinigi ahazitirwa amazina ingagiUko umugi wa Musanze ugaragara nijoro
Umujyi wa Musanze wongewemo amatara asanzwe akoreshwa mu gihe cy’ibirori
Amafoto: Joselyne Uwimana&Emmanuel Bizimana
Joselyne Uwimana
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.