• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yiyemeje kuganira n’abanzi be 2

Na Ildephonse Dusabe
May 13, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
24 2
0
Perezida Ndayishimiye yiyemeje kuganira n’abanzi  be 2
19
Yasangijwe
371
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Ndayishimiye Evariste yatangaje ko leta ayoboye yiteguye kuganira n’umuntu wese cyangwa umutwe utavuga rumwe na yo mu rwego rwo kubaka ejo hazaza heza h’igihugu.

Ibi Perezida Evariste  Ndayishimiye yabitangaje ubwo yagiranaga  ikiganiro n’abamenyamakuru, i Bujumbura.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi mu ijambo rye, yatangaje ko imitwe irwanya Leta y’u Burundi yose, nka RED-TABARA na FNL ya Aloys Nzabampema ubusanzwe itari imitwe y’iterabwoba yo guterera iyo ko ahubwo ari Abarundi bakeneye ikaze mu gihugu cyabo cy’amavuko.

Nyuma y’ijambo ryatangajwe n’umukuru w’igihugu, abasesenguzi benshi batangiye kuvuga ko yaba yashatse gutegura imitima y’Abarundi hakiri kare cyane cyane abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD agamije kuzongera kwiyamamaza mu matora ya 2025.

Benshi bavuze ko iyi mvugo y’umukuru w’igihugu ije guhindura no kuvuguruza amagambo yakomeje gutangazwa n’abategetsi bakomeye mu Gihugu, bavugaga ko batazigera na rimwe bagirana ibiganiro n’abashatse guhirika ubutegetsi muri 2015.

Si abo gusa kuko bavugaga ko badateze kugirana ibiganiro n’umutwe w’inyeshyamba zwa RED-TABARA wiswe n’ubwo butegetsi umutwe w’iterabwoba nyuma y’ibitero bitandukanye wagabye mu duce dutandukanye tw’igihugu.

Hari n’abakeka ko byaba ari ukubera igitutu cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu by’Iburayi bibasaba ko bakwihuza n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi .

Biramutse bigenze bityo Leta ikihuza n’abatavuga rumwe nabo, Leta yakongera kubona imfashanyo y’amahanga, ubukene bunuma muri iki gihugu bukagabanuka.

Yves UMUHOZA
RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

DRC: USA yatanze umuburo ko hashobora kuba ibitero by’iterabwoba muri Kivu ya Ruguru

Inkuru Ikurikira

Mwamfashije Ngahirika Museveni !_Bobi Wine atakambira CHADEMA nayo yinaniwe

Inkuru Ikurikira
Mwamfashije Ngahirika Museveni !_Bobi Wine atakambira CHADEMA nayo yinaniwe

Mwamfashije Ngahirika Museveni !_Bobi Wine atakambira CHADEMA nayo yinaniwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In