• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza amateka & umuco

RDC:Abatware gakondo bahaye u Rwanda nyirantarengwa yo kuba rwakuye M23 i Bunagana, mbere y’uko bafata amacumu yabo

Na Ally Jado
June 25, 2022
Muri amateka & umuco, Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
1
RDC:Abatware gakondo bahaye u Rwanda nyirantarengwa yo kuba rwakuye M23 i Bunagana, mbere y’uko  bafata amacumu yabo
287
Yasangijwe
3.6k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Ishyirahamwe ry’abayobozi b’amoko n’abatware gakondo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (CONATC)   bahaye u Rwanda igihe ntaregwa cyo kuba rwakuye M23 bita umutwe warwo mu mujyi wa Bunagana.

Binyuze mu nyandiko banditse, bavuga ko bitarenze kuwa 30 Kamena 2022, bategetse u Rwanda kuba rwakuye ingabo zarwo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (Bunagana) mbere y’uko iki gihugu cy’izihiza umunsi w’Ubwingenge bwacyo.

Umuyobozi w’iri huriro ry’abayobozi Gakondo, Umwami Mfumu Difima Ntinu, yasomeye iyi nyandiko banditse nyuma y’imyigaragambyo yateguwe n’ihuriro CONATC abereye umuyobozi , ikaba ari imyigaragambyo yiswe iy’amahoro yanyuze imbere y’ibiro bikuru bya MONUSCO i Kinshasa.

Iyi nyandiko y’iri huriro yanashyikirijwe ibiro bya Perezida wa Repubulika, yakirwa n’umujyanama we mu by’umuco gakondo Abée Tshilombo. Mu ijambo  yagejeje kuri aba batware gakondo,Tshilombo yavuze ko igihe kigeze ngo amaraso y’Abanyekongo arekere aho kumenerwa ubusa. Yagize iti:” Ibyabaye birahagije!Igihe kirageze ngo amaraso y’abaturage ba Congo arekere aho kumenekera ubusa”

Mfumu uhagarariye iri huriro yavuze ko igihe ibyo basaba u Rwanda rutabikoze nabo bazafata intwaro zabo gakondo bagahangana n’umwanzi, kugeza ku munota wa nyuma w’ubuzima bwabo.

Mufumu asoza asaba imiryango mpuzamahanga kuzaba abatangabuhamya bw’ibyo bazakorera uRwanda mu gihe ruzaba rudakoze ibyo barusabye.

 

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Ibitekerezo 1

  1. K47 says:
    9 months ago

    hahaaaaaa…..iyi filme ndashaka kuzayireba ni ukuri. Discours z’abaturanyi bacu ziransetsa

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.