• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Wednesday, August 10, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

BREAKING: FARDC yateye ibirindiro bya M23 ahitwa Kigoma

Na Martin
August 5, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Umutekano
127 2
0
BREAKING: FARDC yateye ibirindiro bya M23 ahitwa Kigoma
92
Yasangijwe
1.8k
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’inyeshyamba z’umutwe wa FDLR, bagabye igitero gikomeye ku birindiro bya M23 ahitwa Kigoma muri Gisigali.

Isoko y’amakuru ya Rwandatribune iri muri Rutshuru yemeje ko ahagana saa yine z’ijoro hari imirwano ihanganishije za Leta ya Congo FARDC n’umutwe wa M23 mu gace ka Kigoma muri Gurupoma ya Gisigali na nubu rukaba rucyambikanye.

Umwe mu bayobozi ba Sosiyeti sivili muri Rutshuru yemeje ayo makuru mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune.

Yagize ati “Ejo nimugoroba ingabo za FARDC zifatanyije na FDLR zagabye igitero ku birindiro bya M23 biri muri Lokarite ya Kigoma Gurupoma ya Gisagari na n’ubu batacyarasana.”

Uyu muyobozi Kandi yavuze ko bikekwak o ingabo za Leta zatangije ibi bitero zigamije kubuza umwanzi kwagura ibirindiro nkuko byari bimaze iminsi.

Hari Andi makuru avuga ko n’ibindi birindiro bya M23 biri ahitwa Ntamugenga nabyo byatewe, gusa ntiharamenyekana umubare w’abakomeretse cyangwa biciwe mu mirwano.

Twashatse kumenya icyo uruhande rwa FARDC rubivugaho kuri Telefone ngendanywa twahamagaye Lt.Col Ndjiko Kaiko Umuvugizi wa FARDC muri operasiyo Zokola II ntibyakunda kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru.

Ally MWIZERWA
RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

U Rwanda rwateye umugeri raporo ya Loni ishinja igisirikare cyarwo gufasha M23

Inkuru Ikurikira

Guverinoma ya Kinshasa yifuje ko u Rwanda na MONUSCO babazwa imfu z’ababuriye ubuzima mu myigaragambyo

Inkuru Ikurikira
Guverinoma ya Kinshasa yifuje ko u Rwanda na MONUSCO babazwa imfu z’ababuriye ubuzima mu myigaragambyo

Guverinoma ya Kinshasa yifuje ko u Rwanda na MONUSCO babazwa imfu z’ababuriye ubuzima mu myigaragambyo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In