• AHABANZA
  • Politike
    • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
    • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
18 °c
Kigali
19 ° Mon
20 ° Tue
20 ° Wed
20 ° Thu
Monday, May 16, 2022
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Ahabanza Mu mahanga

Perezida Ndayishimiye yahishuye ko abagerageje Coup d’état bahungiye mu Rwanda bamusabye imbabazi

Na Martin
May 12, 2022
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike
17 0
0
Perezida  Ndayishimiye yahishuye ko abagerageje Coup d’état bahungiye mu Rwanda bamusabye imbabazi
12
Yasangijwe
234
Yasuwe
WhastappShare on FacebookShare on Twitter

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko abagerageje gukora Coup d’état yo muri 2015, bamusabye imbabazi basaba ko yabagirira ikigongwe.

Perezida Evariste Ndayishimiye yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu Kabiri tariki 10 Gicurasi cyagarukaga ku bimaze kugerwaho mu myaka ibiri amaze ku butegetsi.

Muri iki kiganiro n’itangazamakuru, yabagijwe ku basirikare bagerageje guhirika uwo yasimbuye Pierre Nkurunziza muri 2015 ariko iri hirikwa rikaza gupfuba, bikaza kuvugwa ko bahungiye mu Rwanda.

Ndayishimiye yavuze ko abo bantu baherutse “Kohereza ubutumwa bwo gusaba imbabazi. Nk’umubyeyi w’Igihugu, nkomeje kuvugana na bo.”

Abo basirikare bagerageje guhirika nyakwigendera Pierre Nkurunziza, bari no mu batumye umubano w’u Burundi n’u Rwanda uzamo igitotsi kuva muri uwo mwaka wa 2015 kugeza n’ubu.

Perezida Ndayishimiye yavuze ko ari kugerageza kuvugana na bo mu gihe ibo Bihugu byombi bikomeje n’inzira yo kuzahura umubano umaze imyaka umunani urimo igitotsi.

Muri iki kiganiro n’itangazamakuru, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko iyi nzira yo guzubiza mu buryo umubano w’Ibihugu byombi iri kugenda neza kandi bigizwemo uruhare n’Ibihugu byombi bifite ubushake.

Yavuze ko igisigaye ari uko u Rwanda ruzohereza abo bagerageje iriya Coup d’état ariko ko yizeye ko umunsi umwe ibibazo byose bihari bizashyirwaho akadomo.

RWANDATRIBUNE.COM

Inkuru Iheruka

Amashyaka 9 atavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yandikiye ONU ayisaba kuyahuriza nayo mu biganiro

Inkuru Ikurikira

Ifoto y’Umunsi: Perezida Museveni yagaragaye yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage

Inkuru Ikurikira
Ifoto y’Umunsi: Perezida Museveni yagaragaye yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage

Ifoto y'Umunsi: Perezida Museveni yagaragaye yagiye gusaba amazi yo kunywa mu rugo rw’umuturage

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Contacts

Marketing: 0788663576
Editor: 0780341467
Management: 0789605667
Emails: info@rwandatribune.com

Facebook Twitter
  • English
  • French
  • Tribune Tv
  • Amategeko agenga Ubwanditsi
  • Tuvugishe
  • Ubufasha

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

  • #4422 (no title)
  • Advertise
  • Advertisement
  • Ahabanza
  • Attribution
  • Blog
  • Cart
  • Checkout
  • Contact
  • Contact Us
  • Home 2
  • Home 3
  • Home 4
  • Home 5
  • Home Default 2
  • Home with 2 sidebar
  • Home with no sidebar
  • Home with sidebar left
  • Home with sidebar right
  • Imikino
  • LoginPress
  • My account
  • POLITIKE
  • Rwanda Tribune
  • Sample Page
  • Shop
  • Slider style 9
  • Social counter widget
  • Text Formatting and Lists
  • Tribune Tv
  • Typography
  • Urukundo
  • Video list widget
  • Weather widget
  • yyy

© 2020 Rwanda Tribune Developed by Codity.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms bellow to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In