• Languages :
  • English
  • Francais
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
Saturday, March 25, 2023
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Rwanda Tribune
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Ntabyabonetse
Reba Byose
Rwanda Tribune
Ntabyabonetse
Reba Byose
KWAMAMAZA
Ahabanza Mu mahanga

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Na Umuhoza Yves
January 28, 2023
Muri Mu mahanga, Nyamukuru, Politike, Umutekano
15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare
159
Yasangijwe
2k
Yasuwe
Share on FacebookShare on Twitter

Mukiganiro umukuru w’igihugu cya Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo yagiranye na Jenerali  Mugabo Hassan uyoboye ingabo ziri k’urugamba za FARDC zimaze iminsi k’urugamba muri gicanga, amusaba numero za Jenerali Pacifique Ntawunguka  bakunze kwita Omega.

Ibi byabaye mu kiganiro uyu mukuru w’igihugu yagiranye n’uyu mu Jenerali kuri uyu wa 26 Mutarama nyuma y’uko inyeshyamba za M23 zifashe umujyi muto wa Kitchanga, zikirukana mo abacanshuro bose ndetse n’ingabo za FARDC.

Urugamba rumaze gukara Perezida Tshisekedi wari muri Dakar muri Senegali aho yari yitabiriye inama yigaga kubijyanye n’ubuhinzi, yahise ahamagara uyu mujenerali wari kurugamba  amubaza icyo babuze kugirango babe batsinzwe undi amubwira byinshi birimo n’ubutabazi.

Muri iki kiganiro  kirekire cyabaye mu rurimi rw’iringala umukuru w’igihugu yumvikanye abaza uyu musirikare aho Omega aherereye undi amusubiza ko atahazi ndetse anamubaza numero ze ndetse undi amwemerera ko araba azimuhaye mu minota 30

Bimwe mu byumvikanye muri iki kiganiro Perezida Tshisekedi yabajije  Mugabo niba yaba yaravuganye na Jenerali Omega,amusubiza ko yamuvugishije ndetse amubwira ko amuha numero ye, ndetse Perezida amubwira ko ayikeneye bitarenze iminota 3 kugira ngo bamusabe ubutabazi.

Uyu mukuru w’igihugu yahise anasaba Mugabo gukora iyo bwabaga bakisubiza Kitchanga bitarenze umunsi umwe gusa.

N’ubwo bimeze gutyo ariko hari hashize igihe iki gihugu gihakanye ko kidakorana n’izi nyeshyamba za FDLR , ibintu byar byagarutsweho na raporo y’umuryango w’abibumbye yemeje ko ingabo za Leta ya Congo zifatanya n’izi nyeshyamba.

Inyeshyamba za FDLR zigizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorwe Abatutsi yao mu 1994 hanyuma bahungira muri DRC yahoze yitwa Zayire, hanyuma batangira kwifashishwa n’iki gihugu.

Umuhoza Yves

Tags: featured

Ibijyanye Nayo Inkuru

Intara ya Kivu y’amajyaruguru yongeye gufunga amayira yerekeza mu mujyi wa Goma
Mu mahanga

FARDC yihakanye ibyaha by’intambara ishinjwa n’inyeshyamba za M23

March 25, 2023
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina
Nyamukuru

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?
Nyamukuru

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka
Nyamukuru

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda
Nyamukuru

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18
Nyamukuru

Si Rusesabagina na Sankara bafungurwa gusa, bararekuranwa n’abandi 18

March 24, 2023

Ibitekerezo 15

  1. Mayimayi moko says:
    2 months ago

    Ibihe ni bibi koko.
    Birangiye nigaragariye buri weae ko fudereri ikorana na faridese.
    Ariko RONI wagirango amaso yayo aba mu nda

    Reply
    • Kaka says:
      2 months ago

      Loni ifite i Nyungu nyinshi muri efudeleri, inayishoramo menshi kugira ngo idasenyuka iyanyuza muri monesco.wibuke ko fdlr ivute muri congo n’indi mitwe yica abakongomani yose yahita iaenyuka monusco ikabura isoko igataha kdi ntishaka gutaha iracyacukura amabuye.

      Reply
  2. Kaka says:
    2 months ago

    Dor bwa bugoryi bwa Bitama mpora mvuga, ubuse aratsindwa akitabaza abatsinzwe cyane ku murusha ngo nuko ari abajenosideri arumva haricyo byatanga?

    Reply
  3. Patriot says:
    2 months ago

    Aho bukera aranyiyambaza nanjye utazi no kurasisha itopito 🤣

    Reply
    • Semugazashyamba says:
      2 months ago

      Umugabo byamurenze namanuke ajye nyamuragira kumushaka Intare za sarambwe zimumereye nabi none ngo amutabare.

      Reply
  4. Rukundo says:
    2 months ago

    Sha noneho ndumiwe president muzima afatwa amajwi koko???

    Reply
    • kwiha says:
      2 months ago

      Nange birancanze!Comment ikiganiro na président (Niba aribyo koko) kijya hanze???Yewe ba bantu…

      Reply
      • Clapton says:
        2 months ago

        Njywe ibi ntabwo mbyemera…

        Reply
  5. Sepela says:
    2 months ago

    Tshisekedi!!! J’allais dire SE Tshisekedi mais non plus. Dérnièrement olobaki que olingi ko bouleverser régime fort ya Kigali. Ozomikosa mingi mpe okoki te. Tuna ba koko na yo ba pesa yo toli puisque yo oza petit jouer. Meka ata mwa moko na ndenge ozo Sala na ba génocidaires. Kala mingi te okoyeba de quel frigo nous nous réfroidissons. A bon entendeur…..

    Reply
  6. Sepela says:
    2 months ago

    Pauvres congolais, nandimi bien na ndenge bolobaka que Rwanda eza petit pays ohhhhhh ko annexer ko annexer. Malamu Penza, mais Rwanda Oyo eza seulememt petit pays en superficie. Si je penser que kaka eza bilobaloba, bo meka ata mwa ndambo ko pietiner na mabele na biso sans autorisation, nde bokoyeba de quel bois nous nous chauffons.

    Reply
  7. Sepela says:
    2 months ago

    Betela génocidaire OMEGA asalisa yo, mais yeba que eza suka na yo.

    Reply
  8. Kadogo says:
    2 months ago

    Ikibazo cya Congo ntikizarangira Charkes Taylor ataratabwa muri yombi.Gufata Ntaganda usize umutuma ubwo uba uri guta unwanya!

    Reply
    • Kabaka says:
      2 months ago

      Igihe cyose kongo icyororeta mu kiraro impyisi za fdlr zishaka kurya abana b’ u Rwanda yibagirwe amahoro burundu kuko ntayo izigera ibona kugeza irimbutse burundu.

      Reply
  9. Fabrice says:
    2 months ago

    Biramucanze bitama kbs,ageze naho yihamagarira omega agafatwa n’amajwi koko yewe congo ufite ubuyobozi bunaniwe p,naho wowe kadogo reka ubuzanga Taylor ushatse kuvuga iki c,wasanga nawe uri fdlr iri masisi wirirwa ubundabunda

    Reply
  10. Mike says:
    2 months ago

    Nibase yarumvise aho abanyarwanda bageze hose batsimbura UMWANSI wari wigize kabushungwe ubwo yagize go uwitwa UMUNYARWANDA wese ashoboye akazi !! Ni bimwe muri football twibeshya ko ababreziliens Bose ngo bazi umupira twabazana bamwe ntibanawufunge !! Ntimwabonye ko imigi yose bari kwiruka babanje kuvuga bimwe Renzaho yasize avugiye kuri radio se ?! Ngo REPRIS TACTIQUE ET STRATEGIQUE! nanubu ntibararangiza kwisuganya TWUMVAKO bamwe basaziye I burayi !!! Ntabandi rero babigishije gutabimigi bakabehyako bakoze repris TACTIQUE ET STRATEGIQUE ubwo ni FAR/INTERAHAMWE/FDLR/RUD ! NGO I CONGO BABITA BA SPECIAL FORCES nyuma yo KUBESHYA ko ngo barusha inkotanyi kurwana ariko abakongomani ntibabaze impamvu bahitamo gutwika AMAKARA bazihunga !

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Izijyezweho
  • Ibitekerezo
  • Iziheruka
Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

Breaking news: Col Rugema Emmanuel wari Umuyobozi mukuru wa RUD URUNANA yishwe

October 23, 2020
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

November 3, 2022
ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

ADEPR:Abashumba ba za Paruwase 435,Abacungamutungo 435 n’abavugabutumwa 3600 basezerewe

April 5, 2021
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Urumogi rufite ubushobozi bwo kuvura Covid-19 kurusha indi miti yose irimo kwifashishwa

March 21, 2022
DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

DRC yatangaje ko yiyemeje kugaba igitero ku Rwanda _ Patrick Muyaya

24
DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

DRC yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

20
Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC  i Luanda

Breaking News: Umutwe wa M23 wateye utwatsi ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bya EAC i Luanda

15
Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

Perezida Tshisekedi murugamba rwo gushakisha Jenerali Omega ngo abatabare

15
Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

Perezida wa America ahise agenera ubutumwa bukomeye u Rwanda kubwo gufungura Rusesabagina

March 25, 2023
Ni ibiki u Bubiligi bwahaye u Rwanda byifashishwa mu gushinja Rusesabagina?

Bidasubirwaho Rusesabagina ntakiri imfungwa, menya uko yasohotse muri Gereza n’aho yahise ajya

March 25, 2023
Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

Vincent Karega wari Ambasaderi w’u Rwanda muri RDCongo yahawe izindi nshingano: Perezida Kagame yakoze impinduka

March 25, 2023
Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

Garage Medecar Ltd yaje ari igisubizo ku batunze ibinyabiziga muri Rubavu n’abahagenda

March 25, 2023
KWAMAMAZA
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV
Call us: 0783 646 291

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.

Ntabyabonetse
Reba Byose
  • AHABANZA
  • Politike
  • Ubutabera
  • Iyobokamana
  • Mu mahanga
  • Imyidagaduro
  • IMIKINO
  • Ubucukumbuzi
  • Amateka
  • TRIBUNETV

© 2023 Rwanda Tribune - Web development by Codity.